Yanditswe Jul, 13 2017 13:33 PM | 3,017 Views
Ababyeyi n’abarezi bo mu kagari ka Bahimba mu murenge wa Nyundo baravuga ko abana bato baruhutse ingendo ndende bakoraga bajya kwiga kure yaho batuye.
Baravuga ibi nyuma y’umwaka umwe abana 380 batangiye kwigira mu ishuri ribanza ryuzuye muri ako kagari ka Bahimba, igikorwa cyagezweho ku bufatanye bw’abaturage n’ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu kikaba cyaranazamuye ireme ry’uburezi kuri abo bana.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru