Yanditswe Jun, 23 2016 11:13 AM | 3,577 Views
Abakorera
ubukerarugendo ku mazi y’ikiyaga cya Kivu kiri mu karere ka Rubavu bavuga ko umwanda
ugaragara ku nkengero z’iki kiyaga ubabangamiye bagasaba ko wakosorwa ndetse
n’amato yagenewe ba mukerarugendo akiri make akongerwa ibi bikozwe bikaba ngo byatuma
harushaho kwishimirwa n’abahasura.
Uretse iki kiyaga cya Kivu mu karere ka Nyamyumba amazi y’aho bita ku Mashyuza nayo akurura ba mukerarugendo baza kureba umwihariko w’aya mazi ahorana ubushyuhe bwo hejuru bivugwa ko buturuka mu birunga bihegereye.
Abahasura aha ku Mashyuza
baravuga ko harushijeho kwitabwaho ndetse hakagirirwa isuku abahasura
bakwiyongera bakarushaho no kuhishimira
Reba inkuru hano:
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
2 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
3 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
4 hours
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru