AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Rubavu: Umwanda ku nkengero z'ikiyaga cya Kivu zibangamiye bamukerarugendo

Yanditswe Jun, 23 2016 11:13 AM | 3,577 Views



Abakorera ubukerarugendo ku mazi y’ikiyaga cya Kivu kiri mu karere ka Rubavu bavuga ko umwanda ugaragara ku nkengero z’iki kiyaga ubabangamiye bagasaba ko wakosorwa ndetse n’amato yagenewe ba mukerarugendo akiri make akongerwa ibi bikozwe bikaba ngo byatuma harushaho kwishimirwa n’abahasura.

Uretse iki kiyaga cya Kivu mu karere ka Nyamyumba amazi y’aho bita ku Mashyuza nayo akurura ba mukerarugendo baza kureba umwihariko w’aya mazi ahorana ubushyuhe bwo hejuru bivugwa ko buturuka mu birunga bihegereye. 

Abahasura aha ku Mashyuza baravuga ko harushijeho kwitabwaho ndetse hakagirirwa isuku abahasura bakwiyongera bakarushaho no kuhishimira

Reba inkuru hano:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize