Yanditswe Oct, 04 2017 17:40 PM | 9,126 Views
Bamwe mu borozi b’inkoko mu karere ka Rubavu, bavuga ko korora inkoko mu buryo bwa kijyambere byababyariye inyungu ndetse binatanga akazi kubaturanyi babo. Gusa kimwe mubibazo ubu byugarije abo borozi ni ukubona isoko ry’umusaruro wabo cyane ko aho bawugemuraga ku bwinshi ari mugihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo ariko muri icyo gihugu bakaza kwanga ko inkoko n’ibizikomokaho byakongera kwinjira mugihugu cyabo igihe hari hatangiye kuvugwa indwara yari y’ibasiye ibiguruka.
Inkuru yose mu mashusho:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru