Yanditswe Oct, 04 2017 17:40 PM | 9,115 Views
Bamwe mu borozi b’inkoko mu karere ka Rubavu, bavuga ko korora inkoko mu buryo bwa kijyambere byababyariye inyungu ndetse binatanga akazi kubaturanyi babo. Gusa kimwe mubibazo ubu byugarije abo borozi ni ukubona isoko ry’umusaruro wabo cyane ko aho bawugemuraga ku bwinshi ari mugihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo ariko muri icyo gihugu bakaza kwanga ko inkoko n’ibizikomokaho byakongera kwinjira mugihugu cyabo igihe hari hatangiye kuvugwa indwara yari y’ibasiye ibiguruka.
Inkuru yose mu mashusho:
Mu rwego rwo kwifurizanya umwaka mushya muhire hagati y'abanyamakuru bakunzwe ba RBA
Jan 04, 2016
Soma inkuru