AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Ruhango: Barifuza ko umuhanda Kirengeri-Gafunzo wakorwa

Yanditswe May, 27 2016 12:17 PM | 1,799 Views



Mu gihe umuhanda uhuza Kirengeri, Gafunzo - Buhanda mu karere ka Ruhango utarasanwa, abakoresha bakanaturira uri kwifashishwa muri iyi minsi ariwo wa Kirengeri – Mwendo - Buhanda, baratangaza ko kubera imodoka ziremereye ziwukoresha, amateme basanganywe nayo azagenda yangirika, bityo bagasaba ko ibikorwa byo gusana uwarusanzwe ukoreshwa byakwihutishwa. Iki gitekerezo aba baturage bagihuriyeho kandi n’abashoferi bakoresha uwo muhanda munini wa Kirengeri, Gafunzo – Buhanda bavuga ko mu myaka ibiri ishize wagiye wangirika bigatuma ingendo zigorana cyane.

Reba inkuru yose:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize