AGEZWEHO

  • Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...

Rutsiro:Baraburirwa kurushaho kwirinda inkuba muri ibi bihe

Yanditswe Aug, 17 2016 09:48 AM | 1,921 Views



Minisitiri w’ imicungire y’ibiza no gucyura impunzi, Seraphine Mukantabana yongeye kuburira abaturage ba Rutsiro kwitwararika uburyo bufasha kwirinda inkuba muri ibi bihe by’imvura nyinshi kandi akabizeza ko Leta ikomeje gukora ubushakashatsi bwatanga igisubizo kirambye. Minisitiri Mukantabana unihanganisha abatuye aka karere nyuma y’ aho mu mpera z’ icyumweru gishize abantu bagera kuri batatu bapfuye bakubiswe n’ inkuba, ko ntawe ukwiye kwirara n’ ubwo haba habonetse uburyo bwafasha gukingira abaturage benshi icyarimwe.


Inkuru irambuye:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej