Yanditswe May, 04 2016 12:28 PM | 2,430 Views
Abanyamakuru bo mu Rwanda baratangaza ko n'ubwo hashize imyaka 22 nyuma y'uko itangazamakuru ribibye imbuto y'urwango mu baturage,iki gihe ari gito ku buryo nta mpamvu yo kwirara. Aba banyamakuru bemeza ko guhangana n'iki kibazo, abanyamakuru bakwiye kuganira kuburyo bwo gukomeza kwamagana itangazamakuru ribiba urwango mu baturage.Ni mu gihe isi yizihiza umunsi mpuzamahanga w'ubwisanzure bw'itangazamakuru.
Reba inkuru:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru