AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Rwanda:Uko abanyamakuru babona itangazamakuru nyuma y'imyaka 22 Jenoside ibaye

Yanditswe May, 04 2016 12:28 PM | 2,430 Views



Abanyamakuru bo mu Rwanda baratangaza ko n'ubwo hashize imyaka 22 nyuma y'uko itangazamakuru ribibye imbuto y'urwango mu baturage,iki gihe ari gito ku buryo nta mpamvu yo kwirara. Aba banyamakuru bemeza ko guhangana n'iki kibazo, abanyamakuru bakwiye kuganira kuburyo bwo gukomeza kwamagana itangazamakuru ribiba urwango mu baturage.Ni mu gihe isi yizihiza umunsi mpuzamahanga w'ubwisanzure bw'itangazamakuru.


Reba inkuru:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama