AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Rwandair izagura ingendo zayo mu Buhinde no muri Zimbabwe mu kwa kane

Yanditswe Feb, 03 2017 16:29 PM | 2,369 Views



Sosiyete nyarwanda ikora ingendo zo mu kirere Rwandair, mu kwezi kwa kane uyu mwaka izatangira gukora ingendo i Harare muri Zimbabwe ndetse na Mumbai mu Buhinde.

Rwandair isobanura ko ingendo zerekeza i Harare zizatangira ku itariki ya mbere z'uko kwezi kwane, zikazahuzwa n'izira yerekeza i Lusaka muri Zambia, zikazajya zikorwa buri munsi.

Ingendo zerekeza i Mumbai zo zizatangira ku itariki ya Gatatu muri uko kwezi, zizajya zikorwa kane mu cyumweru, kandi indege igahaguruka i Kigali ikagera aho i Mumbai nta handi hantu na hamwe ihagaze.

Umuyobozi mukuru wa Rwandair John Mirenge asobanura ko ibi biri muri gahunda yo kugera mu migi myinshi ya Afrika ndetse no guteza imbere ubucuruzi hagati y'ibihugu. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira