Yanditswe May, 04 2019 19:22 PM | 7,015 Views
Amb. Mathias HAREBAMUNGU uhagarariye u Rwanda muri Maroc, yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri n’abarimu bagera kuri 350, bo muri kaminuza yitiriwe umwami Mohammed wa 5.
Ni ikiganiro cyagarutse ku mateka y’u Rwanda mbere y’ubukoloni, mu gihe cyayo na nyuma yo kubona ubwigenge.
Hanagarutswe kandi ku mateka ya jenoside yakorewe abatutsi, n’uburyo u Rwanda rwiyubatse nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi.
Amb. HAREBAMUNGU yanabaganirije ku miyoborere y’u Rwanda, ibyo rumaze kugeraho, n’amasomo amahanga ashobora kwigira ku Rwanda.
Mu bibazo, abarimu n’abanyeshuri bagarutse ku myitwarire y’umuryango mpuzamahanga nyuma yo kunanirwa kurinda abatutsi.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru