Yanditswe Apr, 26 2019 17:33 PM | 8,553 Views
Perezida wa Sri Lanka, Maithripala Sirisena, yatangaje ko ni biba ngombwa buri rugo rugiye
kugenzurwa, rusakwe, kandi ko urutonde rw’abaturage batuye buri rugo
ruzashyirwa ahagaragara kugira ngo buri wese yumve atekanye aho yaba ari hose.
Ibi abitangaje nka zimwe mu ngamba zo kurwanya ibikorwa by’ierabwoba nyuma y’ibyibasiye iki gihugu kuri pasika, abagera kuri 359 bakabura ubuzima.
Minister w’imari Mangala Samaraweera yabwiye abanyamakuru ko bafite impugenge ko urwego rw’ubukerarugendo ruzagirwaho ingaruka n’ibi bitero, aho ruzahomba agera kuri miliyari 1.5 z’ amadolari.
Yakomeje avuga ko bizatwara imyaka 2 kugira ngo sri lank yongere igarke ku murongo
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru