AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Sri Lanka: Perezida yijeje umutekano abaturage

Yanditswe Apr, 26 2019 17:33 PM | 8,553 Views



Perezida wa Sri Lanka, Maithripala Sirisena, yatangaje ko ni biba ngombwa buri rugo rugiye kugenzurwa, rusakwe, kandi ko urutonde rw’abaturage batuye buri rugo ruzashyirwa ahagaragara kugira ngo buri wese yumve atekanye aho yaba ari hose.


Ibi abitangaje nka zimwe mu ngamba zo kurwanya ibikorwa by’ierabwoba nyuma y’ibyibasiye iki gihugu kuri pasika, abagera kuri 359 bakabura ubuzima.

Minister w’imari Mangala Samaraweera yabwiye abanyamakuru ko bafite impugenge ko urwego rw’ubukerarugendo ruzagirwaho ingaruka n’ibi bitero, aho ruzahomba agera kuri miliyari 1.5 z’ amadolari.

Yakomeje avuga ko bizatwara imyaka 2 kugira ngo sri lank yongere igarke ku murongo




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira