AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Trump yifuza miliyari 8 yo kubaka urukuta rutandukanya USA na Mexico

Yanditswe Mar, 11 2019 11:45 AM | 3,939 Views



Perezida wa Leta zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump arateganya gusaba agera kuri miliyari 8 na miliyoni 600 mu ngengo y'imari y'umwaka wa 2020, kugirango ashyire mu bikorwa umushinga afite wo kubaka urukuta ku mupaka uhuza USA na Mexique.

Ubwo yabazwaga niba ibivugwa ko abagize Congres y'Amerika biteguye kurwanya uyu mushinga wa Donald Trump, mu kiganiro yahaye Fox News, n'umujyanama wa Perezida Donald Trump, Larry Kudlow yavuze ko ayo makuru ari impamo.

Nkuko bitangazwa n'ikinyamakuru Washington Post, mu ngengo  y'imari y'umwaka wa 2020 ishyirwa ahagaragara kuri  uyu  wa mbere.

Donald Trump ngo yifuza gufata agera kuri miliyari 5 mu ngengo y'imari yagenewe Ministeri y'Umutekano w'imbere mu gihugu ndetse n'andi agera kuri miliyari 3, na miliyoni 600 mu yagenewe  Ministeri y'Ingabo, akayakoresha mu kubaka urukuta rutandukanya igihugu cya USA na Mexique, mu rwego rwo gukumira abimukira bifuza kwinjira muri Leta zunze ubumwe z'Amerika mu buryo bunyuranije n'amategeko.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama