Yanditswe Apr, 26 2016 11:25 AM | 1,409 Views
Raporo y'ikigega mpuzamahanga cy'imari, IMF, cyo mu mwaka w'2016 cyatangajwe kuri uyu wa 2 kigaragaza ko u Rwanda ruri mu bihugu 5 bya Afurika biza ku isonga mu kwihuta mu iterambere ry'ubukungu. Iki cyegeranyo cyerekana na none ko kubera ishoramari rikomeje gushyirwa mu bikorwaremezo ndetse n'ikoreshwa ry'umutungo w'ibihugu, Cote d'Ivoire, Kenya, u Rwanda, Senegal na Tanzania byitezweho kuyobora ibindi bihugu bya Afrika yo munsi y'ubutayu uyu mwaka n'utaha, kuko bizaba bifite umuvuduko uri hagati ya 6-7%.
Gusa ariko igihugu cya Cote d'Ivoire mu mwaka w'2016 ni cyo gifatwa nk'icya mbere mu kwihuta mu bukungu ku mugabane wose wa Afurika ku gipimo cy' 8,5%. Tanzania iza ku mwanya wa 2 n'umuvuduko uri munsi ya 7% naho Senegal ni iya 3 n'izamuka ry'ubukungu rya 6,6%.
U Rwanda ruza ku mwanya wa 5 iki cyegeranyo kivuga ko rwazamutse mu bukungu mu buryo butangaje, kuva nyuma ya genocide yakorewe abatutsi. Rufatwa kandi nk'igihugu kiri mu byitwara neza mu kuvugurura ibijyanye n'ishoramari n'ubucuruzi ndetse no koroshya ishoramari.
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru