Yanditswe Mar, 05 2019 20:40 PM | 9,754 Views
Guverinoma y’u Rwanda iratangaza ko umutekano w’u Rwanda n’abanyarwanda urinzwe bihagije bityo ko nta mpamvu n’imwe yatuma rwongera umubare w’ingabo ku mipaka yarwo muri iki gihe.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda akaba na minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Richard Sezibera, yavuze ko atazi ahavuye amakuru yakwirakwijwe mu binyamakuru bimwe byo muri Uganda yo kongera ingabo z’u Rwanda ku mipaka yarwo n’iki gihugu, ashimangira ko nta shingiro afite.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru