Yanditswe Dec, 14 2017 22:12 PM | 5,793 Views
Minisitiri
w'ububanyi n'amahanga w'u Rwanda Louise Mushikiwabo aratangaza ko leta y'u
Rwanda itazahwema kugaragaza ibimenyetso byerekana uruhare rw'u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Ibi arabitangaza nyuma y'aho Leta y'u Rwanda ishyiriye ahagaragara raporo yakozwe n'itsinda ry'impuguke z'abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yanashyikirijwe u Bufaransa.
Ikiganiro kirambuye mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru