Yanditswe Nov, 11 2016 12:05 PM | 1,656 Views
Minisitiri w’umutungo kamere mu Rwanda arasanga igihugu cya Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo kitakwitesha kubyaza amahirwe agaragara mu kiyaga cya kivu, bityo agisaba ubufatanye mu mishinga inyuranye, ifitiye abaturage b’impande zombi akamaro.
Ibi Minisitiri Dr Biruta Vincent, yabigarutseho ubwo yari mu mujyi wa Goma mu kiganiro yagiranye na Mugenzi we Aime Ngoyi Mukena, Minisitiri w’ingufu n’amazi bareberahamwe uko ikiyaga cya Kivu cyabyazwa umusaruro.
Inkuru yose mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
4 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
5 hours
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
5 hours
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru