AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

U Rwanda rurasaba Congo kubyaza amahirwe ikiyaga cya Kivu

Yanditswe Nov, 11 2016 12:05 PM | 1,656 Views



Minisitiri w’umutungo kamere mu Rwanda arasanga igihugu cya Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo kitakwitesha kubyaza amahirwe agaragara mu kiyaga cya kivu, bityo agisaba ubufatanye mu mishinga inyuranye, ifitiye abaturage b’impande zombi akamaro.

Ibi Minisitiri Dr Biruta Vincent, yabigarutseho ubwo yari mu mujyi wa Goma mu kiganiro yagiranye na Mugenzi we Aime Ngoyi Mukena, Minisitiri w’ingufu n’amazi bareberahamwe uko ikiyaga cya Kivu cyabyazwa umusaruro.

Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama