Yanditswe Sep, 23 2021 11:13 AM | 33,280 Views
U Rwanda rwahawe kuzakira Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare izaba mu 2025.
U Rwanda rwamaze kwemererwa n’Impuzamashyirahamwe yo gusiganwa ku magare ku Isi (UCI), kuzakira Shampiyona y’isi izaba mu mwaka wa 2025, bukaba ari ni ubwa mbere iri rushanwa rizaba ribereye ku mugabane wa Afurika.
U Rwanda rusanzwe ruzwiho gutegura irushanwa rikomeye rya Tour du Rwanda riba buri mwaka, aho ryitabirirwa n'ibihugu bikomeye biva hirya no hino ku isi.
Maroc ni ikindi gihugu ku mugabane wa Afurika, nacyo cyari cyagaragaje ubushake bwo kwakira iri rushanwa ariko u Rwanda nirwo rwaje guhabwa aya mahirwe.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru