Yanditswe Sep, 15 2020 18:20 PM | 35,092 Views
Tariki 15 Nzeri buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga umuryango w’abimbumbye wageneye kurizikana Demukarasi. Mu Rwanda Sena ni yo ifite inshingano zo kubungabunga amahame remezo igihugu kigenderaho ari nayo ashimangira ko u Rwanda ari igihugu kigendera kuri demokrasi.
Perezida wa Komisiyo ya Politiki muri Sena Hon.Dushimimana Lambert atangaza ko u Rwanda rwahisemo Demokarasi irubereye bitewe n’umwihariko w’amateka yarwo.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru