AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

U Rwanda rwakiriye inkingo dose ibihumbi 390 za Pfizer zatanzwe n’u Bufaransa

Yanditswe Oct, 27 2021 19:20 PM | 18,239 Views



Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda rwakiriye inkingo za COVID19 zisaga ibihumbi 390 zo mu bwoko bwa Pfizer.

Ni inkingo zahawe u Rwanda binyuze muri gahunda ya COVAX zitanzwe n'igihugu cy'u Bufaransa.

Zije mu gihe ibikorwa byo gutanga urukingo rwa COVID19 birimbanyije, aho abarenga miliyoni 1.9 bamaze gukingirwa byuzuye mu gihe abasaga miliyoni 3.7 bamaze guhabwa doze ya mbere.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw