AGEZWEHO

  • Rusizi: Abarokotse Jenoside bagaragaje ko nta Mututsi wari wemerewe guhinga umuceri mu Bugarama – Soma inkuru...
  • Gen Mubarakh Muganga yagiriye uruzinduko muri Jordanie (Amafoto) – Soma inkuru...

U Rwanda rwatangaje ko gahunda yo kwakira abimukira baturutse mu Bwongereza ikomeje

Yanditswe Jun, 15 2022 18:52 PM | 100,291 Views



Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko gahunda yo kwakira abimukira baturutse mu Bwongereza ikomeje, kandi ko itatunguwe cyangwa ngo icibwe intege no kuba icyiciro cya mbere cyagombaga kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu kitaje.

Ni nyuma y'aho ku munota wa nyuma urukiko rw'u Burayi ruburanisha imanza zirebana n'uburenganzira bwa muntu, ruhagaritse by'agateganyo kuzana umwe muri abo bimukira wari waruregeye ndetse abari kumwe nawe mu ndege nabo bakaboneraho.

Umuvugizi wungirije wa guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangarije RBA ko amasezerano y'ibihugu byombi nta tegeko ahonyora bityo ko iyi gahunda izakomeza nta kabuza.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

AMAJYEPFO: Bahangayikishijwe n'indwara y'ubuganga yibasiye inka

Intara y'Amajyepfo ku isonga mu kurwanya igwingira mu bana