Yanditswe Jun, 15 2022 18:52 PM | 100,053 Views
Guverinoma y'u
Rwanda yatangaje ko gahunda yo kwakira abimukira baturutse mu Bwongereza
ikomeje, kandi ko itatunguwe cyangwa ngo icibwe intege no kuba icyiciro cya mbere
cyagombaga kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu kitaje.
Ni nyuma y'aho ku munota wa nyuma urukiko rw'u Burayi ruburanisha imanza zirebana n'uburenganzira bwa muntu, ruhagaritse by'agateganyo kuzana umwe muri abo bimukira wari waruregeye ndetse abari kumwe nawe mu ndege nabo bakaboneraho.
Umuvugizi wungirije wa guverinoma y'u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangarije RBA ko amasezerano y'ibihugu byombi nta tegeko ahonyora bityo ko iyi gahunda izakomeza nta kabuza.
Byinshi kuri Dr Ngabonziza wavumbuye ubwoko bushya bw'igituntu
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Abahinga mu cyanya cya Nasho bahangayikishijwe n’ikibazo cy'imvubu zibonera
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame asanga Kongo ubwayo ariyo ikwiye gukemura ibibazo ifite
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Bamwe mu bagororwa bayobotse uburyo bw’ubwumvikane bwo kwemera icyaha basabye bagenzi babo kub ...
Jan 27, 2023
Soma inkuru
Abatuye muri Muhanga bemeye kwita ku mutekano w’ikiraro gishya kibahuza n’abo muri Gaken ...
Jan 27, 2023
Soma inkuru
Umuryango mpuzamahanga wongeye gusabwa kurwanya imvugo zimakaza urwango
Jan 27, 2023
Soma inkuru