AGEZWEHO

  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...
  • Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda? – Soma inkuru...

U Rwanda rwatangiye gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bakigera mu gihugu

Yanditswe Jan, 01 2018 19:33 PM | 5,447 Views



Guhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo. 

Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'ububanyi n'amahanga Olivier Nduhungirehe avuga ko ibi bivuze ko u Rwanda rwafunguriye amarembo abantu bose harimo n'abashoramari. Iki kikaba n'ikimenyetso cy'umubano mwiza rufitanye n'ibindi bihugu, kandi akizeza ko nta kibazo cy'umutekano muke iki cyemezo kizateza nubwo hitezwe ko abazaza mu Rwanda baziyongera kurusha uko byari bisanzwe.

Ikiganiro mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama