Yanditswe May, 06 2022 19:57 PM | 100,410 Views
U Rwanda rwatorewe kuyobora ihuriro ry'inzego
zirwanya ruswa mu bihugu 18 bya Afurika bihuriye mu muryango wa Commonwealth, muri manda y'umwaka umwe rusimbuye Uganda, nayo yari imaze umwaka kuri uwo mwanya.
Hari ku munsi wa nyuma w'inama ya 12 y'iryo huriro yaberaga i Kigali kuva kuwa Kabiri w'iki cyumweru.
Umuvunyi mukuru, Nirere Madeleine avuga ko mu gihe u Rwanda rugiye kumara ku buyobozi hari byinshi ruzakora.
Nyuma y'iminsi 4 bateraniye i Kigali kandi abayobozi b'inzego zishinzwe kurwanya ruswa muri Commonwealth Africa, bafashe imyanzuro itandukanye igamije guhashya ruswa.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru