AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

U Rwanda rwatorewe kuyobora ihuriro ry'inzego zirwanya ruswa mu bihugu 18 bya Afurika byo muri Commonwealth

Yanditswe May, 06 2022 19:57 PM | 100,410 Views



U Rwanda rwatorewe kuyobora ihuriro ry'inzego zirwanya ruswa mu bihugu 18 bya Afurika bihuriye mu muryango wa Commonwealth, muri manda y'umwaka umwe rusimbuye Uganda, nayo yari imaze umwaka kuri uwo mwanya.

Hari ku munsi wa nyuma w'inama ya 12 y'iryo huriro yaberaga i Kigali kuva kuwa Kabiri w'iki cyumweru.

Umuvunyi mukuru, Nirere Madeleine avuga ko mu gihe u Rwanda rugiye kumara ku buyobozi hari byinshi ruzakora.

Nyuma y'iminsi 4 bateraniye i Kigali kandi abayobozi b'inzego zishinzwe kurwanya ruswa muri Commonwealth Africa, bafashe imyanzuro itandukanye igamije guhashya ruswa.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama