Yanditswe May, 06 2022 19:57 PM | 100,051 Views
U Rwanda rwatorewe kuyobora ihuriro ry'inzego
zirwanya ruswa mu bihugu 18 bya Afurika bihuriye mu muryango wa Commonwealth, muri manda y'umwaka umwe rusimbuye Uganda, nayo yari imaze umwaka kuri uwo mwanya.
Hari ku munsi wa nyuma w'inama ya 12 y'iryo huriro yaberaga i Kigali kuva kuwa Kabiri w'iki cyumweru.
Umuvunyi mukuru, Nirere Madeleine avuga ko mu gihe u Rwanda rugiye kumara ku buyobozi hari byinshi ruzakora.
Nyuma y'iminsi 4 bateraniye i Kigali kandi abayobozi b'inzego zishinzwe kurwanya ruswa muri Commonwealth Africa, bafashe imyanzuro itandukanye igamije guhashya ruswa.
Byinshi kuri Dr Ngabonziza wavumbuye ubwoko bushya bw'igituntu
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Abahinga mu cyanya cya Nasho bahangayikishijwe n’ikibazo cy'imvubu zibonera
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame asanga Kongo ubwayo ariyo ikwiye gukemura ibibazo ifite
Jan 28, 2023
Soma inkuru
Bamwe mu bagororwa bayobotse uburyo bw’ubwumvikane bwo kwemera icyaha basabye bagenzi babo kub ...
Jan 27, 2023
Soma inkuru
Abatuye muri Muhanga bemeye kwita ku mutekano w’ikiraro gishya kibahuza n’abo muri Gaken ...
Jan 27, 2023
Soma inkuru
Umuryango mpuzamahanga wongeye gusabwa kurwanya imvugo zimakaza urwango
Jan 27, 2023
Soma inkuru