AGEZWEHO

  • Rutsiro: Miliyari 2 zigiye gukoreshwa mu gusana umuhanda Kivu Belt – Soma inkuru...
  • Gicumbi: Abantu 7 bakubishwe n'inkuba umwe arapfa – Soma inkuru...

U Rwanda rwishimira inyungu imaze kuva muri BAL

Yanditswe May, 19 2023 17:26 PM | 142,232 Views



Mu gihe kuri uyu wa Gatandatu i Kigali hagatangira imikino ya nyuma mu irushanwa nyafurika rya basketball BAL 2023, Minisiteri ya Siporo ivuga ko nyuma y'imyaka itatu iyi mikino ibera mu Rwanda hari inyungu nyinshi u Rwanda rumaze gukuramo binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda.

Imikino ya nyuma mu irushanwa nyafurika rya basketball BAL2023 izahuza amakipe 8 yitwaye neza mu mikino ibanza yaberega muri Senegal na Misiri.

U Rwanda ruhagarariwe na REG BBC yabaye iya gatatu m ugice cya Sahara mu mikino yabereye Senegal muri Werurwe uyu mwaka.

Bamwe mu bakunzi b'umukino wa basketball bavuga ko bishimiye kongera kubona iyi mikino ibera mu Rwanda ku nshuro ya Gatatu yikurikirana.

Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa avuga ko iri rushanwa ryazaniye inyungu nyinshi u Rwanda.

Ku ikubitiro, kuri uyu wa Gatandatu hatenganyijwe imikino ibiri irimo uzahuza Stade Mallien na Cape Town Tigers, n’uzahuza REG BBC na Al Ahly.

SHEMA Ivan



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF