AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

U Rwanda rwizihije umunsi nyafurika w'inganda

Yanditswe Nov, 25 2016 12:13 PM | 1,198 Views



U Rwanda rwifatanyije n'ibindi bihugu kwizihiza umunsi nyafurika w'inganda. Imibare igaragaza Ko inganda zitanga 14% mu musaruro mbumbe w'igihugu mu gihe intego ari uko uru rwego rugera kuri 20% muri 2020. Urwego rw'inganda rutanga akazi ku bantu bangana na 8,5% ugereranyije n'izindi nzego.



Gusa haracyari imbogamizi z'uko ibyoherezwa hanze bikiri bike kuko nko mu mwaka wa 2015 hatumijwe ibintu bifite agaciro ka miliyoni 450$, Abanyenganda barasabwa kongerera agaciro ibikorwa n'inganda zo mu Rwanda nubwo abenshi bazitirwa no kutoroherezwa mu kubona amafaranga n'abayahawe n'ibigo by'imari bagacibwa inyungu iri hejuru.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira