AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

UAE yahaye u Rwanda bikoresho ibihumbi 300 byo kwirinda COVID19

Yanditswe Jun, 15 2020 07:44 AM | 43,547 Views



Leta y'u Rwanda yashyikirijwe n'inkunga y’ibikoresho ibihumbi 300 byo kwirinda no kurwanya icyorezo cya Koronavirusi byatanzwe n’Umuyobozi wa Dubai, Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum, akaba Visi Perezida na Minisitiri w’Intebe wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu hamwe n’Umugore we Sheikha Hind bint Maktoum bin Juma Al Maktoum.

Ni ibikoresho by'ubwirinzi ndetse n'ibyo gupima Covid 19. Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC Dr Sabin NSANZIMANA avuga ko bizafasha u Rwanda guhangana n'iki cyorezo.

Umuyobozi wa Dubai Ports World mu Rwanda, Sumeet Bhardwaj, yavuze ko iyi nkunga, ari ikimenyetso kigaragaza ubufatanye buri hagati y’ibihugu byombi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage