AGEZWEHO

  • RIB ifunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Diego Aponte uyobora Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubwikorezi bwo mu mazi yasuye Urwibutso rwa Kigali – Soma inkuru...

UBUHAMYA BW'ABANYARWANDA 9 BAHOHOTEWE MURI UGANDA

Yanditswe Apr, 29 2019 07:39 AM | 4,993 Views



Nyuma yo guhatirwa kwinjira mu mitwe y’iterabwoba bakabyanga, abanyarwanda 9 baherutse kujugunywa na Uganda ku butaka bw’u Rwanda baravuga ko bakorewe iyicarubozo rikomeye.

Abanyarwanda 9 baherutse kujugunywa na Uganda ku butaka bw’u Rwanda barimo abagabo 7 n’abagore babibiri. Bavuga ko bashinjwe n’inzego z’iperereza ry’iki gihugu kuba bamaneko ndetse bagahatirwa kujya mu mitwe y’iterambwoba.

Itangazo riherutse gushyirwa ahagaragara na ministeri y'ububanyi n'amahanga risaba abanyarwanda kutajya mu gihugu cya Uganda kugeza aho ibibazo by'ihohoterwa rikorerwa abanyarwanda bizabona igisubizo.


Iryo tangazo rivuga ku abanyarwanda babarirwa kuri 200 bafungiye muri gereza zinyuranye muri icyo gihugu, Leta y'u Rwanda ikaba yarasabye ko abo bantu bafungurwa cyangwa bagahabwa ubutabera .




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #