Yanditswe May, 15 2018 23:09 PM | 11,710 Views
Ministeri y'ibikorwa remezo iratangaza ko kubera umuhanda Kigali-Gatuna wangijwe n'imvura kuva ku cyumweru, ubu ibinyabiziga bituruka muri Uganda cyangwa ibijyayo bigomba gukoresha umuhanda Kagitumba-Cyanika.
Ibi ni mugihe uyu muhanda wa Gatuna Kigali ukomeje gufungwa mugihe ibikorwa byo kuwusana bikomeje. Umunyamabanga wa leta ushinzwe ubwikorezi Jean De Dieu Uwihanganye yemeza ko guhindura icyi cyerekezo byatewe niyangirika ry'uyu muhanda.
Kuri ubu ibikorwa byo kwimura abaturage baturiye uyu muhanda byo
birakomeje.
Minisitiri w'ibikorwaremerezo Amb. Claver Gatete avuga ibi byose bikomeje
gukorwa mu rwego rwo gushaka igisubizo cy'igihe kigufi mugihe iyi ministeri
irimo gushakisha ibisubizo birambye kuri uyu muhanda.
Uyu muhanda ntukiri nyabagendwa ku modoka nini zikoreye imizigo ziva mu gihugu cya Uganda cyangwa zijyayo, ariko izo modoka zigakoresha inzira ya Kagitumba na Cyanika mu gihe uri gusanwa.
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
41 minutes
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
46 minutes
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru