AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

#UMWIHERERO16: #Umwiherero wahinduye ubuzima bw'Igihugu

Yanditswe Mar, 07 2019 14:32 PM | 6,577 Views



Abaturage b’ingeri zinyuranye  bavuga ko kuva umwiherero w’abayobozi watangira mu myaka 16 ishize,  bagenda babona impinduka mu iterambere no mu mikorere y’inzego z’abayobozi muri rusange. Abashakashatsi n'impuguke mu miyoborere bavuga ko umwiherero wagize impinduka n’uruhare rukomeye mu guhindura ubuzima bw’igihugu mu nzego zitandukanye. Ni mu gihe habura iminsi ibiri gusa ngo hatangire umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu ku nshuro ya 16.

Impuguke n'abashakashatsi muri Politiki n'imiyoborere bemeza ko umwiherero ari kimwe mu bigaragaza inzira ya Demukarasi no gukorera mu mucyo. Dr. Eric Ndushabandi, impuguke muri Politiki n'umushakashatsi ku miyoborere, kimwe na  Honorable Mukama Abbas, wigeze Visi Perezida w’umutwe b’adepite,  bemeza ko umwiherero ushimangira amahitamo y’Abanyarwanda ariyo ubumwe, kubaza abantu inshingano (accountability) no kureba kure.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama