Yanditswe May, 14 2019 14:30 PM | 12,037 Views
Abo bagabo bari barahamijwe ibyaha n'urukiko rukuru urugereko rwa Kigali, abenshi muri bo bakaba barahanishijwe igifungo cy'imyaka 25, ariko bakaba barajuririye urukiko rw'ikirenga ibyo bihano bifuza ko bagabanyirizwa ibihano.
Habimana Marc ni we wabanje kuburanishwa ku bujurire bwe. Mu byaha ashinjwa kandi yari yemerereye urukiko rwamuburanishije mbere, harimo kugaba ibitero ku butaka bw'u Rwanda mu 2012, byagiye bihitana abaturage b'inzirakarengane.
Undi waburanishijwe ni Mwambutsa Jean Claude, wari mu bikorwa by'ubutasi by'umutwe wa FDLR, ukorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mugabo avuga ko mu 1996 ari bwo yinjiye muri uwo mutwe, akaba yemereye urukiko ko yagize uruhare mu bitero byahitanye abaturage ahari Komini Nkuli. Mu 2010 yaratashye ahabwa n'amahugurwa mu kigo cya Mutobo, ariko nyuma asubira muri FDLR, aza gufatwa agarurwa mu Rwanda.
Ubushinjacyaha bwabwiye urukiko ko hakurikijwe uburemere bw'ibyaha abo bagabo bakoze, ko nta mpamvu yatuma bagabanyirizwa, ko ahubwo ahubwo ko bahamana igihano cy'igifungo cy'imyaka 25.
Undi waburaranushijwe ni Nayitura iki Samuel, nawe wari wahamijwe ibyaha n'urukiko rukuru.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru