AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Ubuvuzi - Abantu batatu babashije guhindurirwa impyiko neza bikorewe mu Rwanda

Yanditswe May, 26 2023 15:38 PM | 68,137 Views



Muri iki Cyumweru itsinda ry'abaganga b'inzobere mu kubaga b'Abanyarwanda bafatanyije na bagenzi babo bo muri Amerika, babashije guha impyiko abantu batatu barwaye bazihawe n'abandi bazima. Ni igikorwa cyabere mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Ibi bikaba biri muri gahunda ya Leta yo kugabanya ikiguzi cy'abakeneraga izi serivisi kuko zari zisanzwe zikorerwa hanze y'u Rwanda.

Minisiteri y'Ubuzima itangaza ko kuva mu myaka irindwi ishize, abarwayi 67 boherejwe hanze gusimburizwa impyiko, bikaba byaratwaye nibura ikiguzi cya miliyoni 900Frw yose.

Minisiteri y'Ubuzima kandi yatangaje ko iyi gahunda izakomeza kujya ikorwa mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal kuri gahunda yatanzwe y'ukwezi mu gihe cy'imyaka ibiri hamwe n'iri tsinda ry'inzobere zo muri Amerika, kugeza ubwo hazaba ishami ryigenga rikorwamo n'inzobere zo mu Rwanda gusa.


Jean-Paul Niyonshuti



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize