Yanditswe May, 26 2023 15:38 PM | 68,137 Views
Muri iki Cyumweru itsinda ry'abaganga b'inzobere mu kubaga b'Abanyarwanda bafatanyije na bagenzi babo bo muri Amerika, babashije guha impyiko abantu batatu barwaye bazihawe n'abandi bazima. Ni igikorwa cyabere mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Ibi bikaba biri muri gahunda ya Leta yo kugabanya ikiguzi cy'abakeneraga izi serivisi kuko zari zisanzwe zikorerwa hanze y'u Rwanda.
Minisiteri y'Ubuzima itangaza ko kuva mu myaka irindwi ishize, abarwayi 67 boherejwe hanze gusimburizwa impyiko, bikaba byaratwaye nibura ikiguzi cya miliyoni 900Frw yose.
Minisiteri y'Ubuzima kandi yatangaje ko iyi gahunda izakomeza kujya ikorwa mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal kuri gahunda yatanzwe y'ukwezi mu gihe cy'imyaka ibiri hamwe n'iri tsinda ry'inzobere zo muri Amerika, kugeza ubwo hazaba ishami ryigenga rikorwamo n'inzobere zo mu Rwanda gusa.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru