AGEZWEHO

  • Minisitiri Musabyimana yijeje ubuvugizi mu ikorwa ry'umuhanda Bugarama-Bweyeye – Soma inkuru...
  • Rusizi: Abarokotse Jenoside bagaragaje ko nta Mututsi wari wemerewe guhinga umuceri mu Bugarama – Soma inkuru...

Umunyarwanda ukekwaho ibyaha bya Jennoside yafatiwe i burayi muri Suede

Yanditswe Oct, 26 2016 11:33 AM | 1,763 Views



Police ya Suede ejo yataye muri yombi umunyarwanda ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi.

Uyu watawe muri yombi amazina ye ntiyatangajwe ndetse n'umwirondoro uretse ko police n'ubushinjacyaha muri iki gihugu batangaza ko ari umugabo w'imyaka 48.

Yafatiwe iwe ahitwa Orebro muri km 160 mu burengerazuba bwa Stockholm ari wo murwa mukuru wa Suede.

Uyu watawe muri yombi ni umunyarwanda wageze muri iki gihugu mu 1998, aza guhabwa ubwenegihugu mu mwaka w'2006.

Igihugu cya Suede cyakatiye abandi banyarwanda 2 nyuma yo kubahamya uruhare muri Jenoside ari bo Stanislas Mbanenande wakatiwe mu 2014 na Claver Berinkindi, wakatiwe muri uyu mwaka w'2016.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu