AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Umurinzi w'Igihango Damas Gisimba warokoye benshi muri Jenoside yatabarutse

Yanditswe Jun, 04 2023 19:34 PM | 22,443 Views



Umurinzi w'Igihango Damas Gisimba yitabye Imana kuri iki Cyumweru azize uburwayi.

Inkuru y'akababaro yatangarijwe RBA n'umuryango we ivuga ko yatabarutse afite imyaka 62 mu Gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 04 Kamena nyuma y'iminsi arwaye.

Muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 Gisimba Damas yakiriye muri Orphelinat ye Abatutsi barenga 400 arabarokora.

Muri 2015 Gisimba yagizwe Umurinzi w’Igihango ku rwego rw’igihugu.

Minisiteri y'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu ikaba yashyize hanze ubutumwa bwo gufata mu mugongo no kwifatanya n'umuryango we mu kababaro.

"Azahora yibukwa ku neza ye yagizwe na bake.Tuzahora Tumwibuka."



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura