AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Umuryango ukwiye kuba igicumbi cy'ibanze cy'amahoro mu Rwanda--NURC

Yanditswe Sep, 14 2017 13:17 PM | 5,464 Views



Komisiyo y'igihugu y'ubumwe n'ubwiyunge iravuga ko mu muryango ari ho hakwiye kuba igicumbi cy'amahoro, kuko kubura amahoro mu muryango bitera ibibazo birimo ubuzererezi, icy'abimukira benshi n'ibindi byose bihungabanya umudendezo w'abatuye ibihugu n'Isi muri rusange.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'iyi komisiyo Fidele Ndayisaba agaragaza ko izi ari zimwe mu mpamvu zatumye mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'amahoro ku isi ku rwego rw'igihugu hatoranywa insanganyamatsiko igira iti:" Twese hamwe duharanire Amahoro twimakaza indangagaciro z'ubwubahane mu muryango."

Umunsi mpuzamahanga w'amahoro ukazizihizwa tariki 21 Nzeri mu Rwanda kimwe no mu bindi bihugu binyamuryango bya Loni. Kwizihiza uyu munsi kandi bizakurikirwa n'icyumweru cy'ubumwe n'ubwiyunge kizatangira tariki ya mbere Ukwakira.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama