AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

Umusore warangije icyiciro cya kaminuza cya 'Masters' yandikisha amano

Yanditswe Aug, 18 2016 11:42 AM | 4,601 Views



Umusore witwa Jean TWAGIRIMANA ufite ubumuga bw’amaboko, akaba yandikisha amano kuri ubu arangije icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n'uburezi. Kuba amano yarasimbuye amaboko mu kumufasha gukora imirimo itandukanye, uyu musore avuga ko bagihura n’imbogamizi zo kutagirirwa icyizere ku isoko ry'umurimo kuko hari byinshi biba bitabateganirijwe.

TWAGIRIMANA avuga ko kugeza ubu nta kato yari yahura nako agasanga ikibazo nyamukuru kubangamiye abafite ubumuga, gishingiye ku bikoresho bidapfa kuboneka cg se byaboneka bikaba bihenze. Ibi bikaba bigira ingaruka ku myigire yabo aho imibare ya Kaminuza y'u Rwanda yerekana ko yakiriye mu mwaka ushize abanyeshuri bafite ubumuga babarirwaga muri 426.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Mbelimana Emmanuel

Mwiriwe! Uyu musore arashoboye. Abantu bafite ubumuga iyo bahawe ubufasha bakeneye bakitabwaho cyane cyane bakiri bato na bo babasha gukora imirimo yose nk'iyo abadafite ubumuga bakora. Uyu Twagirimana Jean, wandikisha amano, ushoje icyiciro cya gatatu cya kaminuza (Masters) muri Special Needs Education afite ubumenyi buhagije mu gutanga imbaraga ze mu kubaka igihugu cyane cyane mu bijyanye n'uburezi budaheza kuko arabihugukiwe cyane. "Ubumuga si ubushobozi buke. (Disability is not inability)" Aug 18, 2016


Mbelimana Emmanuel

Akwiye akazi Aug 19, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu