Yanditswe Aug, 18 2016 12:23 PM | 3,842 Views
Umutoza w’amavubi Jonathan McKinstry yamaze gusezererwa kuri uyu wa kane. Umukozi ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa bya MINISPOC yemeje aya makuru ku iyirukanwa rya McKinstry, aho ngo iyi ministeri yandikiye Jonathan McKinstry imusaba gutanga ibisobanuro ku gikomeje gutuma Amavubi asubira inyuma ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA, dore ko ubu Amavubi yatakaje imyanya 53 mu gihe cy’umwaka umwe gusa. Ibisobanuro yatanze ngo ntibyanyuze ubuyobozi bw’iyi minister ya Sports n’umuco, MINISPOC.
Kuri ubu iyi kipe y’igihugu Amavubi ikaba igiye kuba itozwa na Kanyankore Gilbert Yaounde afatanyije na Eric Nshimiyimana mu gihe hategerejwe kubona undi mutoza.
McKinstry yageze mu Rwanda mu kwezi kwa 3 k’umwaka ushize wa 2015, asimbuye umwongereza Stephane Constantine. Yasanze u Rwanda ku mwanya wa 68 ku isi, asezeranya abanyarwanda ko azabageza mu bihugu 50 bya mbere ku isi, none ubu u Rwanda ruri ku mwanya w’i 121 ku isi.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hakizimana Edmond
Nonese bigenze bite ko asezererwa nyuma akongererwa igihe,habuze undi mutoza? Sep 24, 2016
Hakizimana Edmond
Nonese bigenze bite ko asezererwa nyuma akongererwa igihe,habuze undi mutoza? Sep 24, 2016