Yanditswe Mar, 09 2016 11:04 AM | 2,999 Views
Abahinzi b’ibirayi mu karere ka
Nyabihu barishimira uruganda rw’ibirayi bahawe ku mugaragaro ngo kuko rugiye
gutuma umusaruro wabo urushaho kugira agaciro. Ibi birashimangirwa kandi na Minisiteri
y’ubucuruzi n’inganda ivuga ko iki ari igikorwa kiri muri gahunda yiswe
Uruganda Iwacu aho umusaruro w’abaturage ugomba guhabwa agaciro kugira ngo
ubagirire akamaro.
Uru ruganda rwatwaye akayabo ka miliyoni 780 z'amafaranga y'u Rwanda rwitezweho gutunganya ibiro 500 by'ibirayi ku isaha. Tubafitiye inkuru irambuye mu mashusho.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru