AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Uruganda rutunganya ibirayi rwa Nyabihu rwatashywe

Yanditswe Mar, 09 2016 11:04 AM | 2,999 Views



Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Nyabihu barishimira uruganda rw’ibirayi bahawe ku mugaragaro ngo kuko rugiye gutuma umusaruro wabo urushaho kugira agaciro. Ibi birashimangirwa kandi na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ivuga ko iki ari igikorwa kiri muri gahunda yiswe Uruganda Iwacu aho umusaruro w’abaturage ugomba guhabwa agaciro kugira ngo ubagirire akamaro. 

Uru ruganda rwatwaye akayabo ka miliyoni 780 z'amafaranga y'u Rwanda rwitezweho gutunganya ibiro 500 by'ibirayi ku isaha. Tubafitiye inkuru irambuye mu mashusho. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura