Yanditswe May, 10 2022 20:22 PM | 155,911 Views
Urukiko rwa rubanda rw’ i Paris mu Bufaransa, kuri uyu wa Kabiri rwakomeje kuburanisha urubanza rw’umunyarwanda Laurent Bucyibaruta ukurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi.
Urukiko rwatangiye iburanisha rutera utwatsi ubusabe bw’abunganira Bucyibaruta bari basabye ko urukiko rutaha agaciro ibivugwa n’uruhande
rw’abaregera indishyi muri uru rubanza.
Urukiko kandi rwumvise impuguke mu manza nk’izi zikaba zifite akamaro kuko zifasha inteko iburanisha gusobanukirwa neza amateka y’u Rwanda n’aya jenoside yakorewe Abatutsi, by'umwihariko dore ko ababuranisha izi manza batoranywa mu baturage basanzwe baba batarize byanze bikunze ibyerekeye amategeko.
Abasirikare ni abenegihugu nk’abandi ntibakwiye guhezwa mu bigiteza imbere- Gen Kazura
May 20, 2022
Soma inkuru
U Bubiligi bwahaye u Rwanda inkunga ya Miliyari 18 Frw yo guteza imbere abagore n'urubyiruko
May 20, 2022
Soma inkuru
Abanyeshuri b'abanyamahanga biga muri UNILAK baravuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabera iso ...
May 20, 2022
Soma inkuru
Dr Biruta yagiranye ibiganiro n’abayobozi mu Bwongereza barimo uw’Ubutabera
May 20, 2022
Soma inkuru
Abatuye muri Nyabihu baravuga ko batishimiye umuvuduko bariho mu kugabanya igwingira mu bana
May 20, 2022
Soma inkuru
U Rwanda rurateganya gukoresha miliyari 4,650 muri 2022/2023
May 19, 2022
Soma inkuru