AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Urukiko rw’ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa rwateye utwatsi icyifuzo cya Agatha Kanziga

Yanditswe Aug, 31 2021 10:48 AM | 59,059 Views



Urukiko rw’ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Kanama 2021, rwanze icyifuzo cyatanzwe na Agatha Kanziga, cy’uko atakurikiranwa ku ruhare akekwaho muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.

Ibiro ntaramakuru by’Ubufaransa  AFP dukesha iyi nkuru bivuga ko iki cyifuzo cy’umugore wa Juvenal Habyarimana wabaye perezida w’u Rwanda, cyari cyarashyikirijwe urukiko n’umwunganira mu mategeko, hakaba hari hashize imyaka 13 akorwaho iperereza mu Bufaransa.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira