Yanditswe Mar, 04 2019 09:54 AM | 6,273 Views
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Patrick Nyamvumba ari mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cy’u Bushinwa yatangiye kuva tariki 26 Gashyantare akazarusoza kuya 06 Werurwe 2019.
Mu bayobozi amaze guhura nabo harimo na General Li Zuocheng umwe mu bayobozi bakuru mu bya gisirikare ukuriye icyitwa Joint Staff Department of the Central Military Commission (CMC).
Ibiganiro bagiranye byibanze ku gushimangira ubufatanye mu bya gisirikari, ndetse n’umubano hagati y’ingabo z’ibihugu byombi. Aha gen Patrick Nyamvumba yagaragaje ko uyu mubano mu bya gisirikari uhora ari mwiza, ndetse ko u Rwanda rwahisemo u Bushinwa nk’umufatanyabikorwa w’ingirakamaro kubera ubushobozi bufite mu bya gisirikari, ubukungu n’imibereho y’abaturage.
Naho Gen Li Zuocheng yashimye uru ruzinduko yizeza ko umubano w’impande zombi azaharanira ko ukomeza kubungabungwa.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru