Yanditswe November, 04 2017 at 22:42 PM | 5485 Views
Hirya no hino
mu mujyi wa Kigali kimwe no mu gihugu muri rusange imihanda ya kaburimbo
ikomeje kwiyongera. Ni mu gihe nyamara u Rwanda rubona ubwigenge no mu myaka
isaga icumi yakurikiyeho mu gihugu hari umuhanda umwe gusa wa kaburimbo nawo
utarenze ibirometero 12.
Iyubakwa
ry’imihanda ya kaburimbo mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ni kimwe mu
byongera ubwiza bw’umurwa mukuru w’u Rwanda. Nubwo muri iki gihe nta
munyarwanda watangazwa no kubona umuhanda w’umukara ariko ngo si ko byari
bimeze mu myaka isaga 30 ishize.
RIB yihanangirije abacuruza ibicuruzwa birimo n' ibiribwa bitujuje ubuziranenge
February 15, 2019 at 21:11 PM
Soma inkuru
Abaturage barasaba ko imyaka yo kujya muri Pansiyo yasubira kuri 55.
February 15, 2019 at 20:29 PM
Soma inkuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame arahamagarira abatuye isi gutekereza ku isano iri hagati y’ ...
February 15, 2019 at 19:33 PM
Soma inkuru
DASSO yafashije cyane kurwanya urugomo/ Igihe
February 15, 2019 at 18:35 PM
Soma inkuru
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama i Dubai icyo byasabye u Rwanda kugirango rugere aho rugeze
February 15, 2019 at 18:00 PM
Soma inkuru
Menya byinshi Ku cyogajuru cy' u Rwanda kizarangira gukorwa muri Gicurasi 2019
February 11, 2019 at 12:14 PM
Soma inkuru