Yanditswe Nov, 04 2017 22:42 PM | 7,228 Views
Hirya no hino
mu mujyi wa Kigali kimwe no mu gihugu muri rusange imihanda ya kaburimbo
ikomeje kwiyongera. Ni mu gihe nyamara u Rwanda rubona ubwigenge no mu myaka
isaga icumi yakurikiyeho mu gihugu hari umuhanda umwe gusa wa kaburimbo nawo
utarenze ibirometero 12.
Iyubakwa
ry’imihanda ya kaburimbo mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ni kimwe mu
byongera ubwiza bw’umurwa mukuru w’u Rwanda. Nubwo muri iki gihe nta
munyarwanda watangazwa no kubona umuhanda w’umukara ariko ngo si ko byari
bimeze mu myaka isaga 30 ishize.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru