AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

VIDEO: Amateka y'iterambere ry'imihanda mu mujyi wa Kigali

Yanditswe Nov, 04 2017 22:42 PM | 7,228 Views



Hirya no hino mu mujyi wa Kigali kimwe no mu gihugu muri rusange imihanda ya kaburimbo ikomeje kwiyongera. Ni mu gihe nyamara u Rwanda rubona ubwigenge no mu myaka isaga icumi yakurikiyeho mu gihugu hari umuhanda umwe gusa wa kaburimbo nawo utarenze ibirometero 12.

Iyubakwa ry’imihanda ya kaburimbo mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ni kimwe mu byongera ubwiza bw’umurwa mukuru w’u Rwanda. Nubwo muri iki gihe nta munyarwanda watangazwa no kubona umuhanda w’umukara ariko ngo si ko byari bimeze mu myaka isaga 30 ishize.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira