AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Valens Ndayisenga niwe wegukanye igice cya 2 cya 'Tour du Rwanda'

Yanditswe Nov, 15 2016 13:11 PM | 4,376 Views



Kuri uyu wa kabiri, abitabiriye isiganwa ku magare rya Tour du Rwanda, barerekeza mu karere ka Karongi mu ntara y'iburengerazuba.

Iri rushanwa rigeze ku munsi wa gatatu dore ko ryatangiye kuri iki cyumweru aho kugeza ubu umunyarwanda, Areruya Joseph ari we wararanye umwenda w'umuhondo uhabwa umukinnyi wakoresheje igihe gito, nk'uko byagenze mu rugendo rwo kuva Kicukiro berekeza Ngoma mu ntara y'iburasirazuba.

Umunyarwanda Valens Ndayisenga, ukinira ikipe ya Dimension Data for MTN Qhubeka niwe wegukanye igice cya kabiri cya Tour du Rwanda, kuva Kigali kugeza Karongi. Yasiganywe urugendo rungana na kilometero 124.7, aza akurikiwe na Suleiman Kangangi ndetse na Joseph Areruya waje ku mwanya wa gatatu. 

Iri siganwa ni ubwa mbere ryerekeje muri iki gice cy'intara y'iburengerazuba, kuko ubusanzwe bajyaga mu nzira za Rubavu, uyu mwaka bakaba bazanyura no mu turere twa Rusizi na Nyamasheke.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #