AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Video: Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe waba warageze ku nshingano zawo?

Yanditswe Jun, 22 2016 09:22 AM | 4,260 Views



Nyuma y'imyaka ikabakaba 15 umuryango w' Afrika yunze ubumwe (AU) usimbuye icyari umuryango w' ubumwe bwa Afrika (OAU), abakurikiranira hafi amateka ndetse na Politiki y'uyu mugabane basanga hari intambwe imaze guterwa n' ubwo hakigaragara imbogamizi mu mikorere ya AU. 

Mu gihe u Rwanda rukomeje imyiteguro yo kwakira inama ya 27 y' abakuru b' ibihugu na za Guverinoma bya Afrika, Paschal Buhura, umunyamakuru wa RTV yegereye Fred Nkusi Kennedy; umwarimu muri kaminuza akaba n' umushakashatsi mu kiganiro kigufi aho yatangiye amubaza niba abona hari icyahindutse mu mikorere y'umuryango wa Afrika yunze ubumwe nyuma y'imyaka ikabakaba 14 ifashe iri zina rishya.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura