Yanditswe Dec, 12 2017 23:27 PM | 4,455 Views
Ambasaderi w’ubwongereza mu Rwanda ucyuye igihe William Gelling aratangaza ko umubano w’u Rwanda n’igihugu cye cy’ubwongereza uhagaze neza kandi ko muguhe cy’imyaka 4 ishize ahagarariye iki gihugu mu Rwanda uyu mubano warushijeho kuzamuka.
Ambasaderi William Gelling yemeza ko n’utubazo twagiye tuvuka twagiye dushakirwa umuti mu mucyo. Yagize ati, "Umubano w'ibihugu byombi ni nta makemwa icyo nashimye cyane ni ubushake bwa leta y'u Rwanda muri iyi myaka 4 ku bijyanye n’icyerekezo mu iterambere. Unashingiye ku iterambere ry’imijyi uko igenda izamuka n’ibintu n'abaminisitiri basuye u Rwanda bakomeje kwishimira. Ikindi n’uruhare rw’u Rwanda mu butumwa bwo kugarura amahoro mu bihugu bitandukanye.
Yongeyeho kandi ashima ubufatanye mu guteza imbere amashuri abanza, ibyumba byayo, yongeraho ko ubu igikurikiye ni ugushyira imbaraga kuzamura ireme ry'uburezi.
Ambasaderi William Gelling yahawe inshingano zo guhagararira igihugu cy’ubwongereza mu Rwanda mu mwaka w’2013. Biteganijwe ko mu ntangiriro z’umwaka w’2018 azasimburwa ku nshingano yarahafite.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru