AGEZWEHO

  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...
  • Nyabihu: Abarokotse Jenoside batewe impungenge n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikihagaragara – Soma inkuru...

Zimwe mu mpamvu abangavu batwara inda zititeguwe

Yanditswe Aug, 20 2016 21:02 PM | 4,589 Views



Kuba hari bamwe mu babyeyi bataganira n'abana babo ku buzima bw'imyororokere ni kimwe mu bitiza umurindi ikibazo cy'abangavu batwara inda zitateguwe. Minisiteri y'uburinganire n'iterambere ry'umuryango isanga ababyeyi bafite uruhare rukomeye mu guhangana n'iki kibazo, aho bagomba kuganiriza abana babo ibijyanye n'ubuzima bw'imyororokere.

Ubushakashatsi bw'ikigo cy'ibarurishamibare bwo mu mwaka wa 2014/2015 bugaragaza ko mu Rwanda abakorwa bageza imyaka 19 y'ubukure, muri bo 15% baba baratwaye inda zitateguwe. Nyiransabimana Coletha ni umwe mu bavuga ko yahuye n'iki kibazo kandi atarageza imyaka y’ubukure.

Ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cy'ibarurishamibare mu 2014-2015 bugaragaza ko Intara y'Iburasirazuba ariyo iza ku isonga mu kugira abangavu benshi batwaye inda kuko ifite 10.7%, Umujyi wa Kigali ukagira 10.2%, hagakurikiraho uburengerazuba na 5.8% Amajyepho ni 5.6%, mu gihe intara y'amajyaruguru yo ifite 4.9%.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira