AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Urubyiruko 650 bari mu mahugurwa yo kwitegura kinyamwuga

Yanditswe Jun, 09 2016 09:51 AM | 2,205 Views



Umuryango Imbuto Foundation watangije uruhererekane rw'amahugurwa ku gutanga ubuhamya bujyanye n'imiyoborere, imyiteguro mu bunyamwuga n'iterambere.

Ni gahunda iyobowe na Ayla Schlosser afatanyije na Solange Impanoyimana bo mu muryango Resonate, ukorera mu Rwanda. Uru ruhererekane rw'amahugurwa agamije kugera ku rubyiruko rugera kuri 650, ku nsanganyamatsiko igira iti; "Kwitegura kinyamwuga".

Iyi gahunda irimo amahugurwa azatangirwa ku Cyicaro cya Croix Rouge mu Rwanda ku itariki 10-11 Kamena, ndetse n'andi azahabwa impuguke z'abagore azatangirwa i Rwamagana kuva tariki 15 kugera tariki 16 Kamena.

Icyiciro cya mbere cy'aya mahugurwa cyitabiriwe n'abantu bagera ku 180 barimo abishyurirwa amasomo n'umuryango imbuto foundation, abahuzabikorwa b'umuryango AERG, toastmasters, ndetse n'abatoza b'ibiganiro mpaka.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize