AGEZWEHO

  • Burera: Abaturage 6 bakomerekejwe n’imbogo zasohotse muri Pariki y’Ibirunga – Soma inkuru...
  • Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guinée Conakry – Soma inkuru...

PAC yagaragaje ko mu kigega cy'Igihugu cy'ibiribwa cy'ingoboka harimo ibiribwa bike

Yanditswe May, 04 2024 19:46 PM | 251,992 Views



Komisisiyo Ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo by'igihugu yakiriye Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi kugira ngo itange ibisobanuro ku bibazo bitandukanye byagaragaye muri raporo y'umugenzuzi mukuru w'imari ya Leta. 

Ni ibibazo ahanini bishingiye ku mitangire y'amasoko atanoze ndetse no kuba mu kigega cy'igihugu cy'ibiribwa cy'ingoboka harimo ibiribwa bike biri munsi ya 30% by'ibiribwa byose byakabaye birimo.

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi, Kamana Olivier avuga ko icyorezo cya Covid 19 cyakomye mu nkokora ububiko bw'ikigega cy'ibiribwa cy'ingoka, gusa ngo hari ingamba zo kongera ingano y'ibiribwa bibikwa muri iki kigega.

Komisisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo by'igihugu, PAC yasabye Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi gukosora amakosa yagaragaye cyane ashingiye ku mitangire y'amasoko.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Burera: Abaturage 6 bakomerekejwe n’imbogo zasohotse muri Pariki y’I

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guin&

Abatuye Afurika bagomba kubakira iterambere ryawo ku bisubizo by'ibibazo bi

Imitwe ya Politiki ya FPR-Inkotanyi na PL yatanze abakandida yifuza ko bazaba Ab

U Rwanda U20 rwegukanye Irushanwa ry’Akarere ka 5 muri Handball

Perezida Kagame yatanze kandidatire ku mwanya w'Umukuru w'Igihugu

Abanyarwanda basaga miliyoni ebyiri bagiye gutora Umukuru w’Igihugu bwa mb

Abantu 8 bashaka kwiyamamaza ku giti cyabo mu matora ya Perezida w’u Rwand