AGEZWEHO

  • Gicumbi: Imiryango yasenyewe n’ibiza mu 2023 yatujwe mu Mudugudu wa Kaniga – Soma inkuru...
  • Kamonyi: Hibutswe abana n’abagore bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Yanditswe May, 07 2024 17:35 PM | 188,347 Views



Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ruratangaza ko mu mpera z’uyu mwaka hari abantu bagera ku 2100 bazafungurwa barangije ibihano byabo, aba bakaba ari bamwe mu bahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ibindi bifitanye isano nabyo. 

Umuyobozi Mukuru wa RCS, CGP Evariste Murenzi avuga ko aba bahawe inyigisho zitandukanye zizabafasha kubana neza n’abaturage ku buryo biteguye gufatanya n’abandi mu iterambere ry’Igihugu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yakiriye abayobozi n’abanyeshuri b’ishuri rya Royal

Guverinoma y’u Rwanda yasobanuye impamvu umukozi wa Human Rights Watch yan

Gicumbi: Imiryango yasenyewe n’ibiza mu 2023 yatujwe mu Mudugudu wa Kaniga

Minisitiri w'Intebe wa Guinée Conakry yasuye umushinga wa Gabiro Agr

Amajyaruguru: Imiryango 11 y’abarokotse Jenoside yaremewe n’abanyamu

Burera: Abaturage 6 bakomerekejwe n’imbogo zasohotse muri Pariki y’I

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guin&

Abatuye Afurika bagomba kubakira iterambere ryawo ku bisubizo by'ibibazo bi