Yanditswe May, 04 2024 20:42 PM | 208,746 Views
Abaturage batuye Umujyi wa Kigali mu duce twashyira ubuzima bwabo mu kaga, barasabwa kwirinda harimo no kwimuka muri ibi bice, umuyobozi w'Umujyi wa Kigali asobanura ko abaturage bagomba kuba maso kandi bakamenyesha ubuyobozi bubegereye.
Bamwe mu baturage batuye mu bice bitandukanye by'Umujyi wa Kigali bagaragaza ko imvura imaze iminsi igwa, iteye impungenge by'umwihariko abatuye mu bice by'amanegeka.
Gusa bagaragaza ko nta bundi buryo bakwirinda ibiza bishobora no gutwara ubuzima bwa bamwe, butari ukwimuka muri ibyo bice byashyira ubuzima bwabo mu kaga.
Burera: Abaturage 6 bakomerekejwe n’imbogo zasohotse muri Pariki y’Ibirunga
1 hour
Soma inkuru
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Guinée Conakry
May 17, 2024
Soma inkuru
Abatuye Afurika bagomba kubakira iterambere ryawo ku bisubizo by'ibibazo biwugarije-Perezida Ka ...
May 17, 2024
Soma inkuru
Imitwe ya Politiki ya FPR-Inkotanyi na PL yatanze abakandida yifuza ko bazaba Abadepite
May 17, 2024
Soma inkuru
U Rwanda U20 rwegukanye Irushanwa ry’Akarere ka 5 muri Handball
May 17, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yatanze kandidatire ku mwanya w'Umukuru w'Igihugu
May 17, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda basaga miliyoni ebyiri bagiye gutora Umukuru w’Igihugu bwa mbere
May 16, 2024
Soma inkuru
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko abantu 8 ari bo bagaragaje ko bifuza kwi ...
May 16, 2024
Soma inkuru