AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...
  • Ibibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC ntibizakemuka Leta igikorana na FDLR- Abasesenguzi – Soma inkuru...

Impungenge ku bitabo n'ubushakashatsi kuri Jenoside yakorewe abatutsi

Yanditswe Jul, 27 2016 23:14 PM | 3,799 Views



Abashakashatsi b'abanyarwanda barimo gucukumbura bimwe mu bibazo u Rwanda rugihura nabyo nyuma y'imyaka 22 habaye Jenoside yakorewe abatutsi binyuze mu nyandiko. Mu bushakashatsi bw'ibanze bwashyizwe ahagaragara n'impuguke 10, bagarutse ku kunoza no kutabogama ku mateka kugirango hagaragazwe ukuri ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agenda agorekwa.

Byinshi mu bitabo bikubiyemo amateka ya jenoside yakorewe abatutsi nuko byandikwa ahanini n'abanyamahanga, ariko bimwe ugasanga bigoreka ayo mateka.

Kuri ubu abanyarwanda nabo ntibicaye kuko batangiye gusohora ubushakashatsi bw'ibanze bwerekana uko u Rwanda rwahangana n'izi ngaruka.

Nyuma yo kungurana ibitekerezo kuri ibyo bitabo bivuga ku ngaruka za jenoside, byanditswe n’abanyarwanda, biteganijwe ko bizashyirwa ahagaragara mu kwezi kwa 10 uyu mwaka.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2