Yanditswe Jul, 27 2016 23:14 PM | 3,799 Views
Abashakashatsi
b'abanyarwanda barimo gucukumbura bimwe mu bibazo u Rwanda rugihura nabyo nyuma
y'imyaka 22 habaye Jenoside yakorewe abatutsi binyuze mu nyandiko. Mu
bushakashatsi bw'ibanze bwashyizwe ahagaragara n'impuguke 10,
bagarutse ku kunoza no kutabogama ku mateka kugirango hagaragazwe ukuri ku
mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agenda agorekwa.
Byinshi mu bitabo bikubiyemo amateka ya jenoside yakorewe abatutsi nuko byandikwa ahanini n'abanyamahanga, ariko bimwe ugasanga bigoreka ayo mateka.
Kuri ubu abanyarwanda nabo ntibicaye
kuko batangiye gusohora ubushakashatsi bw'ibanze bwerekana uko u Rwanda
rwahangana n'izi ngaruka.
Nyuma yo kungurana
ibitekerezo kuri ibyo bitabo bivuga ku ngaruka za jenoside, byanditswe
n’abanyarwanda, biteganijwe ko bizashyirwa ahagaragara mu kwezi kwa 10 uyu
mwaka.
Inkuru mu mashusho:
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru