Yanditswe Jul, 30 2016 22:51 PM | 2,582 Views
Mu gikorwa cy'umuganda rusange wo kuri uyu wa gatandatu, abaturage bo mu murenge wa Rugalika ho mu Karere ka Kamonyi bibanze ku bikorwa byo gutunganya imihanda y' imigenderano.
Muri uyu
murenge kandi, abaturage batishoboye 2 bashyikirijwe amazu basaniwe ndetse
bahabwa n' ibikoresho byo mu nzu n' ibiribwa.
Abaturage b' uyu murenge
ubwo bari mu gikorwa cy' umuganda wo gudutanganya imihanda y' imigenderano,
bavuze ko igikorwa nk' iki kizafasha mu kwihutisha iterambere ry' aho batuye.
Ibikorwa byo gufasha abagize
Fitness Club bakoreye mu murenge wa Rugalika bifite agaciro ka Miliyoni 10 z'
amafaranga y' u Rwanda.
Umurenge wa Rugalika ni umwe mu mirenge 12 igize Akarere ka Kamonyi, ukaba utuwe n' abaturage barenga ibihumbi 34 bagera ku barimo abatishoboye bari mu kiciro cya mbere cy' ubudehe bagera ku 1900.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru