AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n'Ingabo z'u Rwanda – Soma inkuru...
  • Ibibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC ntibizakemuka Leta igikorana na FDLR- Abasesenguzi – Soma inkuru...

Kamonyi: Abatishoboye bahawe ibikoresho by'ibanze banataha amazu bubakiwe

Yanditswe Jul, 30 2016 22:51 PM | 2,582 Views



Mu gikorwa cy'umuganda rusange wo kuri uyu wa gatandatu, abaturage bo mu murenge wa Rugalika ho mu Karere ka Kamonyi bibanze ku bikorwa byo gutunganya imihanda y' imigenderano. 

Muri uyu murenge kandi, abaturage batishoboye 2 bashyikirijwe amazu basaniwe ndetse bahabwa n' ibikoresho byo mu nzu n' ibiribwa.

Abaturage b' uyu murenge ubwo bari mu gikorwa cy' umuganda wo gudutanganya imihanda y' imigenderano, bavuze ko igikorwa nk' iki kizafasha mu kwihutisha iterambere ry' aho batuye.

 Ibikorwa byo gufasha abagize Fitness Club bakoreye mu murenge wa Rugalika bifite agaciro ka Miliyoni 10 z' amafaranga y' u Rwanda.

Umurenge wa Rugalika ni umwe mu mirenge 12 igize Akarere ka Kamonyi, ukaba utuwe n' abaturage  barenga ibihumbi 34 bagera ku barimo abatishoboye bari mu kiciro cya mbere cy' ubudehe bagera ku 1900.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Par

Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya

Abahanzi basaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennia

Art Rwanda Ubuhanzi yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2