Yanditswe Oct, 15 2020 18:23 PM | 84,622 Views
Mu Rwanda hatangijwe umushinga wa "50 million African Women Speak Project". Ni umushinga ugamije guha ijambo abagore binyuze kuri murandasi ukorera mu bihugu 38.
Umunyamabanga Mukuru Wungirije w'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba Bwana Christophe Bazivamo asobanura ko uru rubuga ruje gufasha abagore gukora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bikanabafasha gusangira amakuru n'ubunararibonye.
Yashimangiye ko ibi bigiye korohereza abagore ba Afurika mu bucuruzi bityo iterambere ryabo rikarushaho kwihuta.
Usibye ubucuruzi uru rubuga ruzafasha muri gahunda yo guhuza imipaka haranatekerezwa uko hahuzwa n'ifaranga.
Icyo abagore basabwa ni ukongera ubumenyi mu ikoranabuhanga kugira ngo babashe kubyaza amahirwe uru rubuga. Ni urubuga rwari rumaze imyaka ibiri rutegurwa, igitekerezo cyo kurushyiraho kikaba cyarakomotse Ku byifuzo bya bamwe mu bagore bo hirya no hino muri Afurika, bahirimbanira ko umugore wa Afurika nawe atezwa imbere.
Rusizi: Ababyeyi b'Intwaza bashimye Igihugu cyabahurije hamwe ntibakomeza guheranwa n'agah ...
1 hour
Soma inkuru
Madamu Jeannette Kagame yagarutse ku mahitamo Abanyarwanda bafashe yo kongera kunga ubumwe
1 hour
Soma inkuru
MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka inzu ziciriritse
3 hours
Soma inkuru
Kuki Leta itarashe ku ntego yo gutuza abaturage ku Mudugudu muri iyi myaka 7?
4 hours
Soma inkuru
Abatangabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahungishe muri Jenoside
4 hours
Soma inkuru
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru