Yanditswe Apr, 27 2024 19:17 PM | 187,077 Views
Perezida Paul Kagame ari mu Mujyi wa Riyadh muri Arabie Saoudite, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga mu by'Ubukungu izibanda byihariye ku mikoranire ihuriweho ndetse n'iterambere ry'urwego rw'ingufu.
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Innovation, Paula Ingabire yavuze ko iyi nama igamije kurebera hamwe iterambere ry'Isi no gushaka uko ibihugu byafatanya mu kongera imbaraga mu rwego rw'ingufu no kureba uko ibihugu byakwihaza.
Yavuze ko by'umwihariko u Rwanda rufitanye ubufatanye na World Economic Forum mu serivisi zirimo ubuzima, uburezi, ishoramari n'ibindi.
Rusizi: Abasenateri basuzumye ibikorwa mu guteza imbere imikorere ishingiye ku mihigo
May 09, 2024
Soma inkuru
Rusizi: Ababyeyi b'Intwaza bashimye Igihugu cyabahurije hamwe ntibakomeza guheranwa n'agah ...
May 08, 2024
Soma inkuru
Madamu Jeannette Kagame yagarutse ku mahitamo Abanyarwanda bafashe yo kongera kunga ubumwe
May 08, 2024
Soma inkuru
MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka inzu ziciriritse
May 08, 2024
Soma inkuru
Kuki Leta itarashe ku ntego yo gutuza abaturage ku Mudugudu muri iyi myaka 7?
May 08, 2024
Soma inkuru
Abatangabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahungishe muri Jenoside
May 08, 2024
Soma inkuru
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru